Rengera ubuzima 2
Kristo aratwihanangiriza ati “Nk’uko ishami ritabasha
kwera imbuto ubwaryo ritagumye mu muzabibu, ni ko namwe mutabibasha muramutse mutagumye muri jye …. Nimuguma muri jye n’amagambo yanjye akaguma muri mwe, musabe icyo mushaka cyose kandi muzagihabwa. Si mwe mwantoranije ahubwo nijye wabatoranije kandi mbashyiriraho kugira ngo
mugende mwere imbuto, kandi ngo imbuto zanyu zigumeho.